Search This Blog

Tora umuhanzi ukunda

ANDIKA UMUBARE 4 WOHEREZE KULI 4343 UBE UTOYE CHRISTOPHER MULI PGGS IV

Imyambarire idasanzwe abahanzi bagaragaje mu gitaramo cy'i Muhanga n'amafaranga yabatwaye






Nyuma y’aho ibitaramo bya Primus Guma Guma Super Star IV bigeze mu cyiciro cyo kuririmba mu buryo bwa Live aho akanama nkemurampaka kaba gatanga amanota, abahanzi bakomeje kugaragaza imyambarire itandukanye cyane n’iyo bagaragaragamo mbere, ubu bikaba bigaragara ko babishyizemo imbaraga cyane.

Ubashije kubona uko aba bahanzi bari bambaye mu gitaramo cyebereye i Muhanga kuri uyu wa gatandatu, ntiwazuyaza kubona ko abahanzi bose bashyize imbaraga zigaragara mu myambarire yabo ugereranyije n’iyo bagaragazaga mu bitaramo byabanje. Inyarwanda.com yaganiriye n’aba bahanzi ku bijyanye n’iyi myambaro maze banadutangariza amafaranga iyi myenda yaba yarabatwaye.
Add caption

No comments: